Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Abiga mu mashuri ya muzika mu Rwanda, bagaragaza ko bafite inyota yo kuwukora kinyamwuga kugira ngo uzabateze imbere bahuza impano bifitemo n'ubumenyi bakura mu ishuri. Ingabire Fresh na Ishimwe ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye Lord Irvine Laidlaw uyobora Ikigo Shema Power Lake Kivu Limited cyatangije umushinga wo kubyaza amashanyarazi Gaz Méthane mu Kivu, bagirana ...
RBA HAFI YAWE ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe gutahana intwaro zazo n’ibikoresho, kandi AFC/M23 igafasha mu ishyirwa mu ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Abantu barenga ibihumbi 130 bategetswe kwimukira ahadashyira ubuzima bwabo mu kaga nyuma y’uko Umujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, ukomeje kwibasirwa n’inkongi y’umuriro. CNN yanditse ko ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results